![]() |
“Nta shimwe ngomba Kina Music” Christopher wizihiza imyaka 10 amaze mu muziki1 year ago
Muneza Christopher uri kwitegura igitaramo azahuriramo n’itsinda rya ‘Kassav’ ku munsi w’abakundana yavuze ko muri icyo gitaramo azaba yizihiza isabukuru y&... More » |
![]() |
Zabyaye Amahari! Riderman yigaramye Asinah, indirimbo yiswe iyabo yuzuyemo amanyanga1 year ago
Mu minsi ishize Asinah yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “Turn up” avuga ko yakoranye na Riderman mu buryo bwo kugarura umwuka mwiza, Uyu muraperi yahakanye amakur... More » |
![]() |
Umuhanzi wa Gospel Nabonibo wiyemereye ko ari umutinganyi arashinja abakoresha be kumuhagarika mu kazi1 year ago
Albert Nabonibo, umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana, aheruka gutangaza ko ari umutinganyi, ubu avuga ko kubera ibyo yategetswe gusezera aho yakoraga nk'umucungam... More » |
![]() |
Riderman arashinja Asinah bahoze bakundana gushaka kumusenyera urugo yifashishije itangazamakuru n’ibihuha1 year ago
Riderman yashinje Asinah bahoze bakundana gushaka kumusenyera urugo, yifashishije bimwe mu bitangazamakuru n’imbuga nkoranyambaga bimuha umwanya agatangaza ibihuha bibangamiy... More » |
![]() |
GOSPEL: Umuhanzi Nabonibo arashima Imana ko aryamana n’abo bahuje igitsina (Umutinganyi)1 year ago
Albert Nabonibo umuhanzi nyarwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana; yashize amanga avuga ko ashima Imana yamugize ‘umutinganyi’ . Abaryamana bahuje ibitsi... More » |
![]() |
“Uwaguhitshamo kubyara Ama G the Black no kubyara P Fla wahitamo nde?” Ama G the Black abaza abanyamakuru, intambara irakomeje1 year ago
Mu minsi yashize P Fla yahaye gasopo Ama G, watangaje ko yihakanye Hip Hop amwibutsa ko atigeze akora Hip Hop na rimwe. Icyo gihe yabajijwe injyana yumva Am G The Black yaba akora,... More » |
![]() |
Intambara y’amagambo: Riderman yagize icyo avuga kuri Jay Polly, Neg G, M Izzo nawe ntiyaripfana aramusubiza1 year ago
Umuraperi Gatsinzi Emery wamamaye mu muzika nka Riderman, yavuze ku nshuti avuga ko yaretse kubera umurongo mubi yabonaga zifite udahwanye n’ibyo we yifuzaga kugeraho mu buzi... More » |
|
Umukunzi wa Kimenyi Yves yaba ari we washyize amashusho ye ku ka rubanda yambaye ubusa? Icyo abivugaho2 years ago
Nyuma y’uko muri iki gitondo hakwirakwiye amashusho ku mbuga nkoranyambaga y’umunyezamu wa APR FC ndetse n’Amavubi, Kimenyi Yves yambaye ubusa byatangiye guhwihwi... More » |
![]() |
Amashirakinyoma ku butekamutwe bushinjwa D’Amour Selemani yakoze yifashishije uburwayi bwe2 years ago
Umukinnyi wa filimi nyarwanda D’Amour Selemani uzwi nka Papa Shafi urwaye impyiko hakaba hamaze iminsi hacicikana inkuru ndetse n’ubutumwa busabira ubufasha uyu mugabo ... More » |
![]() |
AMAFOTO- Isimbi Noeline washyize hanze andi mafoto yambaye ubusa yahamije ko ari kwihangira imirimo2 years ago
Isimbi Noeline ni umwe mu bakobwa barengaga ijana bashakishaga itike yo guhagararira intara y’Uburasirazuba ndetse no mu ntara y’Amajyarugu mu marushanwa ya miss Rwanda... More » |
![]() |
AMAFOTO- Isimbi Noeline wiyamamarije kuba Miss Rwanda 2019 yifotoje yambaye ubusa2 years ago
Isimbi Noeline ni umwe mu bakobwa barengaga ijana bashakishaga itike yo guhagararira intara y’Uburasirazuba ndetse no mu ntara y’Amajyarugu mu marushanwa ya miss Rwanda... More » |
![]() |
Mc Tino umwe mu bubitse imbehe ya the Cat Vevo wari umaze kurema ubwoba mu byamamare2 years ago
Mc Tino ni umuhanzi ndetse akaba n’umushyushya rugamba mu bitaramo bigiye bitandukanye, kuri ubu niwe uri kwisonga mu batumye urukuta rwa Instagram ya The Cat Vevo waru... More » |
![]() |
Mutsinzi Ange Jimmy imari ishyushye ku isoko, AS Kigali iramugera amajanja mu gihe Rayon Sports yamugarukiye2 years ago
Mutsinzi Ange Jimmy, myugariro ukina mu mutima w'ubwugarizi cyangwa kuri kabiri, nyuma yo gusoza amasezerano muri Rayon Sports iyi kipe ntihite imuganiriza, nyuma yo gutakaza R... More » |
![]() |
Arthur yashyamiranye n’abakunzi ba Miss Mwiseneza Josiane kubera urwenya rwa Alex Muhangi2 years ago
Mu mpera z’icyumweru gishize tariki ya 6 Mutarama 2019 muri Radisson Blu habereye igitaramo cy’urwenya cyateguwe n’umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Arthur,... More » |
![]() |
AMAFOTO: Biravugwa, Emery Bayisenge na Aimable Nsabimana bagaragaye mu myitozo ya APR FC baba bayigarutsemo2 years ago
Ba myugariro babiri bahoze bakinira ikipe ya APR FC bakaza gutandukana nayo, Emery Bayisenge ndetse na Aimable Nsabimana bamaze iminsi bakorera imyitozo muri iyi kipe, biravugwa ko... More » |
![]() |
Kenya: Umuhanzi wa gospel yajyanywe mu bitaro kubera gukoresha imiti yongera ubushake bw'imibonano mpuzabitsina2 years ago
Umuhanzi uririmba indirimbo zakorewe Imana wo muri Kenya Willy Paul yavuzweho gukoresha myinshi imiti yongera imbaraga mu gihe yari agiye gukora imibonano mpuzabitsina, bitum... More » |
![]() |
Mbega imbeba! Kinyusi, Binyusi...Ama G The Black mu ndirimbo nshya yibasira Bruce Melody2 years ago
Umuhanzi Ama G The Black agiye gushyira hanze indirimbo yise Mayor bivugwa ko izaba irimo ubutumwa bwibasira Bruce Melody badacana uwaka. Inzigo hagati ya Bruce Melody na Ama G ... More » |
![]() |
Shaddy Boo yongeyeho gutaramirwaho kubera ururimi yakoresheje yifuriza isabukuru nziza Diamond2 years ago
Umunyamideli umaze kwamamara ku mbuga nkoranyambaga Shaddy Boo yakoresheje amagambo yo mu rurimi rw’igiswahili yifuriza isabukuru nziza umuhanzi Diamond Platnumz, maze bamwe ... More » |
![]() |
Shaddy Boo yiyemereye ko yabonaniye na Diamond muri hoteli i Dar es Salaam2 years ago
Umugore umaze kuba icyamamare ku mbuga nkoranyamba Shaddy Boo yemeje ko yabonaniye na Diamond muri Hoteli yo muri Tanzaniya gusa ngo ibyo kuryamana ntabyajemo kuko yari kumwe n&rsq... More » |
![]() |
Urukundo rwa Mubumbyi Bernabe na mubyara wa Miss Iradukunda Liliane rwarahwekereye2 years ago
Mubumbyi Bernabe ukinira ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ wanakinnye mu makipe atandukanye akomeye mu Rwanda, ashobora kuba yaratandukanye n’umukunzi ufitany... More » |